E-mail: administration@aprfc.rw

Amafoto: Abakinnyi ba APR F.C biteguye neza umukino wa As Kigali

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu isoje imyitozo ya nyuma mbere yo guhura na As Kigali mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere kuri uyu wa gatandatu kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo ku isaha yi saa cyenda (15h00).

Ikipe ya APR F.C ikaba yaherukaga gukina umukino wa 12 n’ikipe ya Gorilla aho ikipe y’ingabo z’igihugu yatsinze igitego kimwe ku busa ,ikaba aribwo yahise ifata umwanya wa mbere aho irusha ikipe iyikurikiye amanota abiri nubwo ifite imikino ibiri yibirarane itarakina .

Abakinnyi b’umutoza Adil bose bakaba bameze neza

Amafoto yaranze imyitozo yo kuri uyu wa gatanu:

Leave a Reply

Your email address will not be published.